Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Intego n'icyerekezo

Icyerekezo cy’Intara gishingira ku gukurikirana no kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y' Imiyoborere myiza, Ubukungu n' imibereho myiza y’Abaturage mu rwego kwihutisha ishyirwa mubikorwa rya gahunda za Leta

Igishushanyo mbonera cy'Intara y'Iburasirazuba

7

Uturere

95

Imirenge

503

Utugari

3793

Imidugudu

9,813

Ubuso

3,563,145

umubare w'abaturage (2022)

Inshingano z'Intara

Intara ifite inshingano zikurikira:

1° Gukurikirana no kugira inama Uturere mu ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta;

2° Gukorera Uturere ubuvugizi;

3° Kugira  inama  Uturere  ku  bikorwa by’amajyambere;

4° Kwita ku bikorwa byo kubungabunga umutekano w’abantu n’ibintu;

Pudence RUBINGISA, Guverineri

Pudence RUBINGISA

Guverineri

3532

info@easternprovince.gov.rw

Pudence RUBINGISA, ni Guverineri w'intara y'Iburasirazuba guhera ku itariki ya 14 Ukuboza 2023.

Dr.Jeanne NYIRAHABIMANA

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara

3532

info@easternprovince.gov.rw

Dr.Jeanne NYIRAHABIMANA ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara y'Iburasirazuba kuva mu kwezi kw'Ugushyingo 2019